Motari FC yongeye kwereka Munazi ko iri hasi. Dore uko umunsi wa kabiri wagenze
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 13 Kanama 2025, irushanwa rihuza utugari mu Murenge wa Mushishiro ryakomeje ku munsi waryo wa kabiri. Uyu munsi usize ikipe y'abamotari yongeye kugaragaza urwego…
Gasabo:Polisi yafashe umugore wakoraga inzoga zidafite ubuziranenge
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Ndera hafungiye umugore witwa Ntakirutimana Beatrice w'imyaka 35 aho akurikiranyweho icyaha cyo gukora inzoga zitujuje ubuzirange zo mu bwoko bwa Liquer, yafashwe na Polisi ikorera…
Amashuri yo mu Mujyi wa Kigali Azafungwa mu Cyumweru cy’Isiganwa ry’Isi ry’Amagare
Mu rwego rwo gutegura neza Isiganwa ry’Isi ryo Gutwara Amagare “2025 UCI Road World Championships”, rizabera i Kigali kuva ku wa 21 kugeza ku wa 28 Nzeri 2025, Leta y’u…
Dr Aisa Kirabo Kacyira yitabye Imana azize uburwayi
Dr Aisa Kirabo Kacyira wari Umuyobozi w’Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bitanga Ubufasha yitabye Imana azize uburwayi amaranye imyaka myinshi, akaba atabarutse yari afite imyaka 61. Uyu mubyeyi yakoze imirimo inyuranye mu…
Ukraine Yemereye Abasore Bari Munsi y’Imyaka 22 Gusohoka Igihugu
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje icyemezo gishya cyemerera abasore bari munsi y’imyaka 22 gusohoka igihugu bakajya mu mahanga, mu gihe kidasanzwe cy’intambara igihugu kiri mo. Kuva intambara hagati ya…
Zelensky yihanangirije abashaka ko Ukraine yakura ingabo muri Donbas
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko igihugu cye kidashobora gukura ingabo mu gace ka Donbas kigenzurwa n’Ingabo za Ukraine, ndetse anamagana ibitekerezo byo guhara ubutaka bwahoze ari ubw’igihugu ke…
AFC/M23 igiye gusubukura ibikorwa byo kwigiza umwanzi inyuma
Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryambariye urugamba, rivuga ko rigiye kwigiza kure ingabo za FARDC iz’u Burundi n’imitwe…
Netanyahu: “Iyo dushaka gukora jenoside muri Gaza byari gutwara umugoroba umwe gusa”
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yahakanye yivuye inyuma ibirego igihugu cye gikomeje gushinjwa byo gukora jenoside muri Gaza, avuga ko iyo koko igihugu cye kiba gifite iyo gahunda, byari…
Putin yashimye Kim Jong Un ku bufasha mu ntambara ya Ukraine
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yagaragaje ishimwe rikomeye kuri mugenzi we wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, ku bw’ubufasha igihugu cya Pyongyang cyatanze mu rugamba rwo kurwanya Ukraine. Itangazo…
Muhanga: Umukekuru yasambanyijwe n’itsinda ry’abasore 3,umwe wamusomaga acibwa ururimi
Umukecuru w’imyaka 58 wo mu Murenge wa Kibangu mu Karere ka Muhanga, yasambanyirijwe mu nzira n’abasore batatu umwe muri bo wari urimo kumusoma ahita amuruma ururimi araruca. Ibi byabaye ku…