Hot News
Nyuma y’igihe kinini atagaragara mu ruhame kubera intambara Iran yarimo na Isiraheli, Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yongeye kugaragara mu ruhame ubwo yitabiraga ibirori by’Idini ya Isilamu mu musigiti uri mu murwa mukuru wa Tehran. Amashusho yaciye kuri Televiziyo ya Leta ya Iran yagaragaje Khamenei asuhuza abayoboke b’Abashia bari bateraniye mu musigiti bizihiza ibirori bibanziriza Umunsi Mukuru wa…
Umugabo w'Umunyekongo wo mu bwoko bw'Abashi yishwe arashwe na Wazalendo nyuma yo gukeka ko ari Umututsi. Bivugwa ko uyu mugabo wari uri mu kigero cy'imyaka 30 y'amavuko yarasiwe mu Burasirazuba bwa RDC mu gace ka Kamituga, ku wa 02 Nyakanga 2025. Umwe mu bo mu muryango wa nyakwigendera yavuze ko ibi byabaye ubwo uriya warashwe yari yerekeje i Kamituga kwishyuza…
Umunyeshuri w'imyaka 23 y'amavuko wo mu Ntara Ngozi muri Komine Busiga mu gihugu cy'u Burundi wiga mu ishami rya Bio-Chimie yabyaye mu gihe cy'ikizamini cya Leta. Ibi byabereye aho uyu munyeshuri yari acumbitse muri Lycée Busiga, ahari gukorerwa ikizamini cya Leta, ku wa Kabiri Taliki 08 Nyakanga 2025. Abari gukurikirana uyu munyeshuri bavuga ko ubwo abandi banyeshuri barimo bitegura ikizamini…
Nyuma y’igihe kinini atagaragara mu ruhame kubera intambara Iran yarimo na Isiraheli, Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yongeye kugaragara mu ruhame ubwo yitabiraga ibirori by’Idini ya Isilamu mu musigiti uri mu murwa mukuru wa Tehran. Amashusho yaciye kuri Televiziyo ya Leta ya Iran yagaragaje Khamenei asuhuza abayoboke b’Abashia bari bateraniye mu musigiti bizihiza ibirori bibanziriza Umunsi Mukuru wa…
Umugabo w'Umunyekongo wo mu bwoko bw'Abashi yishwe arashwe na Wazalendo nyuma yo gukeka ko ari Umututsi. Bivugwa ko uyu mugabo wari uri mu kigero cy'imyaka 30 y'amavuko yarasiwe mu Burasirazuba bwa RDC mu gace ka Kamituga, ku wa 02 Nyakanga 2025. Umwe mu bo mu muryango wa nyakwigendera yavuze ko ibi byabaye ubwo uriya warashwe yari yerekeje i Kamituga kwishyuza…
Ishimwe Vestine uririmbana indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana na murumuna we,…
Kuri uyu wa Gatandatu,tariki ya 12/07/2025, Polisi ifatanije n'izindi nzego z'umutekano mu…
Urwego rw'Igihugu rushinzwe Uburezi bw'Ibanze (REB) rwatangaje ko rwashyize ku isoko imyanya…
Mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Remera, haravugwa inkuru y'umusore wasanzwe…
Ingabo z'u Burundi n'umutwe wa Twirwaneho zahanganiye mu mirwano yabereye muri Repubulika…
Abashinzwe umutekano muri Pariki y'Igihugu ya Nyungwe barashe abantu babiri muri 15…
Kuri uyu wa 15 Nyakanga 2025, ishami rya polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge…
Leta ya Kinshasa yohereje umubare munini w'abasirikare bayo, FARDC, n’abarwanyi bo mu…
Lubumbashi – Mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gace…
Confirmed
65.10M
Death
6.60M
Ikipe ya Chelsea yatsinze Palmeiras ibitego 2-1 mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cya Club World Cup 2025, ikatisha itike ijya muri 1/2 aho izahura na Fluminense yo muri Brazil. Ni…
Sign in to your account