Umugore yishe umugabo we amushinja kumuca inyuma

Ku wa Mbere Taliki 7 Nyakanga, umugore witwa Béatrice Ndayikengurukiye w'imyaka 33 y'amavuko wo mu Mudugudu wa Rurengera muri Zone ya Rwisabe muri Komini ya Bugendana rwagati mu Burundi, yishyikirije Polisi ya Mutaho avuga ko yishe umugabo we witwa Fabien Basabose w'imyaka 45 y'amavuko. Bamwe mu baturage bari aho ibi byabereye bavuga ko iri sanganya ryabaye ku Cyumweru Taliki 06…

Joshua Mbanjimana

Nyamasheke:Diregiteri ufatwa nk’igishyitsi wasabiwe kwimurwa ariko we ngo akavugako yiganye na Meya ntaho yajya

Mu Karere ka Nyamasheke,Umurenge wa Bushenge,akagari ka Gatamu ku Ishuri Ribanza rya Gashirabwoba, haravugwa amakimbirane hagati mu barimu n'ubuyobozi bw'iri shuri amaze igihe bikaba bivugwa ko byose biterwa n'umuyobozi wananiwe kuzuza inshingano. Mu ibaruwa UMURUNGA ufitiye kopi,akarere ka Nyamasheke kandikiye ubuyobozi bw'Intara y'Iburengerazuba ku wa 17/4/2025 aho batangaga raporo y'uko ikibazo kigaragara mu Ishuri Ribanza rya Gashirabwoba cyakemuwe ndetse n'imyanzuro…

Sam Kabera

Umugore yishe umugabo we amushinja kumuca inyuma

Ku wa Mbere Taliki 7 Nyakanga, umugore witwa Béatrice Ndayikengurukiye w'imyaka 33 y'amavuko wo mu Mudugudu wa Rurengera muri Zone ya Rwisabe muri Komini ya Bugendana rwagati mu Burundi, yishyikirije Polisi ya Mutaho avuga ko yishe umugabo we witwa Fabien Basabose w'imyaka 45 y'amavuko. Bamwe mu baturage bari aho ibi byabereye bavuga ko iri sanganya ryabaye ku Cyumweru Taliki 06…

Joshua Mbanjimana

Nyamasheke:Diregiteri ufatwa nk’igishyitsi wasabiwe kwimurwa ariko we ngo akavugako yiganye na Meya ntaho yajya

Mu Karere ka Nyamasheke,Umurenge wa Bushenge,akagari ka Gatamu ku Ishuri Ribanza rya Gashirabwoba, haravugwa amakimbirane hagati mu barimu n'ubuyobozi bw'iri shuri amaze igihe bikaba bivugwa ko byose biterwa n'umuyobozi wananiwe kuzuza inshingano. Mu ibaruwa UMURUNGA ufitiye kopi,akarere ka Nyamasheke kandikiye ubuyobozi bw'Intara y'Iburengerazuba ku wa 17/4/2025 aho batangaga raporo y'uko ikibazo kigaragara mu Ishuri Ribanza rya Gashirabwoba cyakemuwe ndetse n'imyanzuro…

Sam Kabera
- Sponsored -
Ad imageAd image
Weather
24°C
Kigali
few clouds
25° _ 24°
41%
4 km/h
Wed
25 °C
Thu
27 °C
Fri
26 °C
Sat
26 °C
Sun
27 °C

Follow US

Discover Categories

Nyamasheke:Diregiteri ufatwa nk’igishyitsi wasabiwe kwimurwa ariko we ngo akavugako yiganye na Meya ntaho yajya

Mu Karere ka Nyamasheke,Umurenge wa Bushenge,akagari ka Gatamu ku Ishuri Ribanza rya…

Sam Kabera

U Burusiya burashinjwa gukoresha intwaro z’ubumara muri Ukraine

Ukimara gusoma amakuru yasohowe n’ibigo by’ubutasi byo mu Buholandi n’u Budage, uhita…

admin

Gatsibo: Umusore wari umaze iminsi agenzura telefone y’umukobwa bakundana yimanitse mu mugozi

Mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Remera, haravugwa inkuru y'umusore wasanzwe…

Joshua Mbanjimana

Iran:Umuyobozi w’ikirenga bongeye kumuca iryera

Nyuma y’igihe kinini atagaragara mu ruhame kubera intambara Iran yarimo na Isiraheli,…

admin

DRC:Abakozi ba SNEL i Bukavu bigaragambije kubera ishyirwaho ry’umuyobozi utavugwaho rumwe

Abakozi ba Sosiyete y’Igihugu ishinzwe amashanyarazi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…

admin

Gatsibo: Umusore arakekwaho kwica nyina amuziza ko yamubuzaga kwinjira umugore baturanye

Mu Murenge wa Muhura mu Karere ka Gatsibo, haravugwa umusore ukekwaho kwica…

Sam Kabera

Chelsea itsinze Palmeiras, ishimangira itike ya 1/2 cya Club World Cup 2025

Ikipe ya Chelsea yatsinze Palmeiras ibitego 2-1 mu mukino w’ishiraniro wa 1/4…

admin

Ikiraro gihuza Intara y’Amajyepfo n’iy’Iburengerazuba kukinyuraho ni mana mfasha

Abatuye Umurenge wa Kibangu mu karere ka Muhanga, bavuga ko ikiraro kizwi…

Sam Kabera
Create an Amazing Newspaper
Discover thousands of options, easy to customize layouts, one-click to import demo and much more.

Sponsored Content

Global Coronavirus Cases

Confirmed

65.10M

Death

6.60M

More Information: Covid-19 Statistics

DRC: Urubanza rwa Mutamba rugiye gutangira

Urukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rugiye gutangira kuburanisha Constant Mutamba Tungunga wabaye Minisitiri w’Ubutabera w’iki gihugu, ukekwaho kunyereza miliyoni 19 z’Amadolari zateganyirijwe kubaka Gereza ya Kisangani…

Sam Kabera