Hot News
Ikipe ya Chelsea yatsinze Palmeiras ibitego 2-1 mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cya Club World Cup 2025, ikatisha itike ijya muri 1/2 aho izahura na Fluminense yo muri Brazil. Ni umukino waranzwe n’impinduka nyinshi, imbaraga, n’ubuhanga bwinshi ku mpande zombi. Chelsea yafunguye amazamu ku gitego cyiza cyinjijwe na Cole Pamer ku munota wa 16, gusa nyuma y'ikiruhuko, Estevão, umukinnyi ukiri…
Ukimara gusoma amakuru yasohowe n’ibigo by’ubutasi byo mu Buholandi n’u Budage, uhita wumva ubwoba n’impungenge z’uko isi igenda yemera ibintu bikwiye kwamaganwa. Ayo makuru avuga ko hari ibimenyetso bigaragaza ko u Burusiya bukomeje gukoresha intwaro z’ubumara muri Ukraine. Izi nzego zivuga ko u Burusiya bukoresha indege zitagira abapilote (drones), zikohereza iyi gaz y’ubumara ahari abasirikare ba Ukraine bihishe. Iyo izo…
Urukiko Rukuru rwa Kigali rwongeye gusubika iburanisha ry’urubanza ruregwamo abari abayoboke b’ishyaka rya Dalfa Umurinzi n’umunyamakuru wa Umubavu TV Nsengimana Théoneste bareganwa ibyaha birimo gushaka guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda. Uru rubanza rwagombaga kuba kuri uyu wa 7 Nyakanga ariko rwimuriwe ku wa 23 Nyakanga 2025. Amakuru agera mu itangazamakuru ni uko kugira ngo rusubikwe byasabwe n’Ubushinjacyaha bwagaragarije Urukiko ko hari…
Ikipe ya Chelsea yatsinze Palmeiras ibitego 2-1 mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cya Club World Cup 2025, ikatisha itike ijya muri 1/2 aho izahura na Fluminense yo muri Brazil. Ni umukino waranzwe n’impinduka nyinshi, imbaraga, n’ubuhanga bwinshi ku mpande zombi. Chelsea yafunguye amazamu ku gitego cyiza cyinjijwe na Cole Pamer ku munota wa 16, gusa nyuma y'ikiruhuko, Estevão, umukinnyi ukiri…
Ukimara gusoma amakuru yasohowe n’ibigo by’ubutasi byo mu Buholandi n’u Budage, uhita wumva ubwoba n’impungenge z’uko isi igenda yemera ibintu bikwiye kwamaganwa. Ayo makuru avuga ko hari ibimenyetso bigaragaza ko u Burusiya bukomeje gukoresha intwaro z’ubumara muri Ukraine. Izi nzego zivuga ko u Burusiya bukoresha indege zitagira abapilote (drones), zikohereza iyi gaz y’ubumara ahari abasirikare ba Ukraine bihishe. Iyo izo…
Abatuye Umurenge wa Kibangu mu karere ka Muhanga, bavuga ko ikiraro kizwi…
Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje guhangana n’imitwe yitwaje intwaro…
Bamwe mu batuye mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Jabana muri muri…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ikoranabuhanga mu Itumanaho n’Isakazabumenyi (RISA) cyatangaje ko cyatangiye gukoresha…
Mu Karere ka Kamonyi haravugwa inkuru y'urupfu rwa Singuranayo Phillipe w'imyaka 47…
Perezida Paul Kagame yashimangiye ko ari muzima ndetse agaragaza ko atumva impamvu…
Umusirikare w'Umunyamulenge Colonel Macunda Mutebutsi ukuriye Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya…
Urukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rugiye gutangira kuburanisha…
Umugabo witwa Ahimana Felecien w'imyaka 26 y'amavuko wo mu Karere ka Nyanza…
Confirmed
65.10M
Death
6.60M
Abakozi ba Sosiyete y’Igihugu ishinzwe amashanyarazi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SNEL), ishami rya Bukavu mu ntara ya Sud-Kivu, bakoze igikorwa cyo kwigaragambya ku wa Kane tariki 3 Nyakanga…
Sign in to your account