Rwanda: Ingo 83 % zihaza mu biribwa

Umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi wateje imbere imibereho y’Abanyarwanda, miliyoni 1.5 bava mu bukene nk'uko byatangajwe na Minisitiri w'intebe.  Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente, aherutse gutanga ishusho y’uko ubukungu bw’u Rwanda bushingiye ku buhinzi n’ubworozi bwazamutse mu buryo bugaragara mu myaka ishize, bikagira uruhare runini mu kongera amafunguro ku Banyarwanda no kubakura mu bukene. Yabitangarije imbere y’Inteko Ishinga Amategeko, aho…

admin

RDC: Umugabo wo mu bwoko bw’Abashi yarashwe azira gusa n’abatutsi

Umugabo w'Umunyekongo wo mu bwoko bw'Abashi yishwe arashwe na Wazalendo nyuma yo gukeka ko ari Umututsi. Bivugwa ko uyu mugabo wari uri mu kigero cy'imyaka 30 y'amavuko yarasiwe mu Burasirazuba bwa RDC mu gace ka Kamituga, ku wa 02 Nyakanga 2025. Umwe mu bo mu muryango wa nyakwigendera yavuze ko ibi byabaye ubwo uriya warashwe yari yerekeje i Kamituga kwishyuza…

Joshua Mbanjimana

RDC: Kiliziya yatewe n’abajura irasahurwa, Musenyeri ategeka ko ifungwa by’agateganyo

Lubumbashi – Mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gace ka Luano gaherereye muri Diyoseze ya Lubumbashi, haravugwa igikorwa cy’ubusahuzi cyakozwe n’abantu bataramenyekana bateye Paruwasi ya Mutagatifu François d’Assise mu ijoro ryo ku wa 1 Nyakanga 2025. Nk’uko byemejwe n’Umushumba wa Diyoseze ya Lubumbashi, Musenyeri Fulgence Muteba Mugalu, aba bajura binjiye mu Kiliziya bagasahura ibintu byose bifashishwa mu…

admin

Rwanda: Ingo 83 % zihaza mu biribwa

Umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi wateje imbere imibereho y’Abanyarwanda, miliyoni 1.5 bava mu bukene nk'uko byatangajwe na Minisitiri w'intebe.  Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente, aherutse gutanga ishusho y’uko ubukungu bw’u Rwanda bushingiye ku buhinzi n’ubworozi bwazamutse mu buryo bugaragara mu myaka ishize, bikagira uruhare runini mu kongera amafunguro ku Banyarwanda no kubakura mu bukene. Yabitangarije imbere y’Inteko Ishinga Amategeko, aho…

admin

RDC: Umugabo wo mu bwoko bw’Abashi yarashwe azira gusa n’abatutsi

Umugabo w'Umunyekongo wo mu bwoko bw'Abashi yishwe arashwe na Wazalendo nyuma yo gukeka ko ari Umututsi. Bivugwa ko uyu mugabo wari uri mu kigero cy'imyaka 30 y'amavuko yarasiwe mu Burasirazuba bwa RDC mu gace ka Kamituga, ku wa 02 Nyakanga 2025. Umwe mu bo mu muryango wa nyakwigendera yavuze ko ibi byabaye ubwo uriya warashwe yari yerekeje i Kamituga kwishyuza…

Joshua Mbanjimana
- Sponsored -
Ad imageAd image
Weather
20°C
Kigali
few clouds
20° _ 20°
64%
1 km/h
Fri
24 °C
Sat
25 °C
Sun
25 °C
Mon
26 °C
Tue
25 °C

Follow US

Most Read

Discover Categories

Create an Amazing Newspaper
Discover thousands of options, easy to customize layouts, one-click to import demo and much more.

Sponsored Content

Global Coronavirus Cases

Confirmed

65.10M

Death

6.60M

More Information: Covid-19 Statistics