Hot News
Umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi wateje imbere imibereho y’Abanyarwanda, miliyoni 1.5 bava mu bukene nk'uko byatangajwe na Minisitiri w'intebe. Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente, aherutse gutanga ishusho y’uko ubukungu bw’u Rwanda bushingiye ku buhinzi n’ubworozi bwazamutse mu buryo bugaragara mu myaka ishize, bikagira uruhare runini mu kongera amafunguro ku Banyarwanda no kubakura mu bukene. Yabitangarije imbere y’Inteko Ishinga Amategeko, aho…
Umugabo w'Umunyekongo wo mu bwoko bw'Abashi yishwe arashwe na Wazalendo nyuma yo gukeka ko ari Umututsi. Bivugwa ko uyu mugabo wari uri mu kigero cy'imyaka 30 y'amavuko yarasiwe mu Burasirazuba bwa RDC mu gace ka Kamituga, ku wa 02 Nyakanga 2025. Umwe mu bo mu muryango wa nyakwigendera yavuze ko ibi byabaye ubwo uriya warashwe yari yerekeje i Kamituga kwishyuza…
Lubumbashi – Mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gace ka Luano gaherereye muri Diyoseze ya Lubumbashi, haravugwa igikorwa cy’ubusahuzi cyakozwe n’abantu bataramenyekana bateye Paruwasi ya Mutagatifu François d’Assise mu ijoro ryo ku wa 1 Nyakanga 2025. Nk’uko byemejwe n’Umushumba wa Diyoseze ya Lubumbashi, Musenyeri Fulgence Muteba Mugalu, aba bajura binjiye mu Kiliziya bagasahura ibintu byose bifashishwa mu…
Umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi wateje imbere imibereho y’Abanyarwanda, miliyoni 1.5 bava mu bukene nk'uko byatangajwe na Minisitiri w'intebe. Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente, aherutse gutanga ishusho y’uko ubukungu bw’u Rwanda bushingiye ku buhinzi n’ubworozi bwazamutse mu buryo bugaragara mu myaka ishize, bikagira uruhare runini mu kongera amafunguro ku Banyarwanda no kubakura mu bukene. Yabitangarije imbere y’Inteko Ishinga Amategeko, aho…
Umugabo w'Umunyekongo wo mu bwoko bw'Abashi yishwe arashwe na Wazalendo nyuma yo gukeka ko ari Umututsi. Bivugwa ko uyu mugabo wari uri mu kigero cy'imyaka 30 y'amavuko yarasiwe mu Burasirazuba bwa RDC mu gace ka Kamituga, ku wa 02 Nyakanga 2025. Umwe mu bo mu muryango wa nyakwigendera yavuze ko ibi byabaye ubwo uriya warashwe yari yerekeje i Kamituga kwishyuza…
Umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi wateje imbere imibereho y’Abanyarwanda, miliyoni 1.5 bava mu bukene…
Confirmed
65.10M
Death
6.60M
Igisirikare cy’u Rwanda, RDF, cyakoze impinduka ku mpuzankano yacyo, aho amadarapo ariho ibendera ry’igihugu yambarwaga ku kaboko yahinduriwe uko agaragara, avanwa mu mabara acyeye ashyirwa mu mabara asa n’ayijimye. …
Sign in to your account