Nyanza: Umukozi w’ishuri rya Espanya arakekwaho kwica umugore we

Umugabo witwa Ahimana Felecien w'imyaka 26 y'amavuko wo mu Karere ka Nyanza arakekwaho gukubita umugore we ntajyanwe kwa muganga bikamuviramo…

Joshua Mbanjimana

Karongi: Umugabo arakekwaho kwiyahura nyuma y’uko yari amaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro

Mu Karere ka Karongi haravugwa inkuru y'urupfu rw'umugabo waguye mu Bitaro bya Kibuye nyuma yo kujyanwaho ubwo yari amaze kunywa…

Joshua Mbanjimana

Chelsea itsinze Palmeiras, ishimangira itike ya 1/2 cya Club World Cup 2025

Ikipe ya Chelsea yatsinze Palmeiras ibitego 2-1 mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cya Club World Cup 2025, ikatisha itike ijya…

UMURUNGA News

Nyanza: Umukozi w’ishuri rya Espanya arakekwaho kwica umugore we

Umugabo witwa Ahimana Felecien w'imyaka 26 y'amavuko wo mu Karere ka Nyanza arakekwaho gukubita umugore we ntajyanwe kwa muganga bikamuviramo…

Joshua Mbanjimana

Karongi: Umugabo arakekwaho kwiyahura nyuma y’uko yari amaze iminsi yinginga umugore we ngo batere akabariro

Mu Karere ka Karongi haravugwa inkuru y'urupfu rw'umugabo waguye mu Bitaro bya Kibuye nyuma yo kujyanwaho ubwo yari amaze kunywa…

Joshua Mbanjimana
- Advertisement -
Ad imageAd image

Ruhango: Abantu 6 bakewaho ubujura batawe muri yombi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Ruhango, ku bufatanye n’abaturage ndetse n’inzego z’ibanze, yafashe abasore batandatu bashinjwa guhungabanya umutekano no kwambura abaturage.   Operasiyo yo guta muri yombi aba…

Sam Kabera

Kayonza: Umusore w’imyaka 23 yapfiriye mu kirombe

Umusore w’imyaka 23 wo mu Murenge wa Rukara mu Karere ka Kayonza, yagwiriwe n’ikirombe arapfa, nyuma yo kujyana na bagenzi be gucukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko. Ibi byabaye…

Sam Kabera

Kigali: Polisi yataye muri yombi abakekwaho gucucura abo mu isoko rya Kimironko

Nyuma yaho abacururiza n'abaza  guhahira mu isoko rya Kimironko bagaragarije ikibazo cy’uko hari abajura babiba, Polisi ifatanije n’izindi nzego z’umutekano ndetse n’abaturage yakoze ibikorwa byo gufata abo bajura aho mu…

Sam Kabera

Menya impinduka mu mwaka w’amashuri 2025-2026 Ese mwarimu wimuwe afite ubuhe burenganzira ?

Umwaka w'amashuri wa 2025-2026  uteganyijwe gutangira tariki 08 Nzeri 2025 ni mpinduka zitandukanye mu burezi mu Rwanda  Ni umwaka ugiye gutangira urimo impinduka nyinshi zigamije kuzamura ireme ry'uburezi, amasomo dore…

Gilbert IFASHABAYO

Gogo Gloriose umaze kwamamara muri Gospel yasohoye indirimbo nshya

Umuhanzikazi Musabyimana Gloriose, wamamaye nka Gogo, yasohoye indirimbo nshya yise Repent, Kwicuza tugenekereje mu Kinyarwanda. Ni indirimbo ikubiyemo ubutumwa bugamije gukangurira abantu kwihana bagakizwa, bakaba maso birinda ibyaha cyane cyane…

UMURUNGA News

Rulindo: Umukozi w’Umurenge wa Masoro yatawe muri yombi

Umukozi ushinzwe Irangamimerere na Notariya mu murenge wa Masoro mu Karere ka Rulindo amaze iminsi atawe muri yombi akekwaho inyandiko mpimbano. Aya makuru UMURUNGA wayamenye tariki ya 14/8/2025 ko uwitwa…

Sam Kabera

Minisiteri y’Uburezi imaze gutangaza igihe amanota azatangazwa n’igihe amashuri afungurira

Minisiteri y'Uburezi ku Gicamunsi cyo kuri uyu wa 17/8/2025 ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X imaze gutangaza igihe umwaka w'amashuri 2025-2026 uzatangirira.Ukaba uzatangira ku wa 8/9/2025. Iyi Minisiteri kandi ikaba…

Sam Kabera

Gasabo: Hari umugore n’umugabo bafatanywe udupfunyika dusaga 1000 tw’urumogi

Ku uyu wa Gatandatu ‎tariki ya 16/08/25, Polisi ikorera mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Jabana ifatanyije n'izindi nzego z'umutekano ndetse n'abaturage yafashe Ngirabatware Ferdinand w'imyaka 35 na Nyiranizeyimana…

Sam Kabera

Burera: Umukobwa arakekwaho kwica nyina amuteye icyuma

Umukobwa witwa Uwimana Claudine w’imyaka 23 wo mu Kagali ka Nyamabuye, mu Murenge wa Kagogo, akekwaho kwica nyina witwa Mutuyimana Christine w’imyaka 53, amuteye icyuma mu mutima. Ku wa Kane…

Sam Kabera

Ikipe ya Matyazo nayo isezerewe rugikubita

Umukino waraye usubitswe mu itsinda rya kabiri wagombaga guhuza Rukaragata na Matyazo wasubukuwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Kanama 2025. ‎Ni umukino wasize ikipe ya Matyazo ku mwanya…

Gilbert Niyisengwa